Вы находитесь на странице: 1из 4

Code Ishusho Ibisobanuro Code Ishusho Ibisobanuro

A, 1a Inkoni ibumoso (ahegereye A, 1b Inkoni iburyo (ahegereye inkoni


inkoni ryateza ibyago ryateza ibyago iburyo).
ibumoso).

A, 1c Amakoni abiri cyangwa A, 1d Amakoni abiri cyangwa


uruhererekane rw’amakoni uruhererekane rw’amakoni arenga
arenga abiri, irya mbere riri abiri, irya mbere riri ibumoso.
iburyo.

A, 2 Akazamuko gashobora gutera A, 3 Akazamuko gashinze cyane


ibyago (ikigereranyo (ikigereranyo gishobora kuzuzwa
gishobora kuzuzwa n’iyerekana y’agacuri kw’ijana).
n’iyerekana ry’ingano
y’agacuri kw’ijana).
A, 4a Ifungana ry’umuhanda. A, 4b Ifungana ry’umuhanda n’akayira
gasatira umuhanda ibumoso.

A, 4c Ifungana ry’umuhanda A, 5 Uguhinguka ku mwaro cyangwa ku


(bitewe n’akayira gasatira nkombe cyangwa ahegereye
umuhanda iburyo). icyome.

A, 6 Umuhanda utaringaniye A, 7 Umuhanda unyerera (ahegereye


(ahegereye ibinogo, utununga igice cy’umuhanda ushobora kuba
cyangwa ahantu umuhanda unyerera).
umeze nabi).
A, 8 Utubuye dutaruka mu A, 9 Amabuye ahanuka (ahegereye igice
muhanda (ahegereye igice cy’umuhanda ahari ibyago
cy’umuhanda aho utubuye byaterwa n’amabuye ahanuka
dushobora gutaruka). cyangwa amabuye ari mu muhanda)
ikigereranyo gishobora gucurikwa
hakurikijwe uruhande ibyago
byaturukamo).
A, 10 Abanyamaguru (iyerekana A, 11 Abana (iyerekana ry’akayira
ry’akayira k’abanyamaguru). k’abana, nk’igihe bavuye mu
ishuri cyangwa ku kibuga
cy’imikino).
A, 12 Aho abanyamagare A, 13 Akayira k’amatungo (iyerekana
bahingukira (iyerekana y’aho ry’igice cy’umuhanda gishobora
abanyamagare binjirira mu kwambukiranywa ku buryo
muhanda cyangwa budasanzwe n’amatungo)
bawambukiranya).
A, 14 Akayira k’inyamaswa A, 15 Imirimo (ahegereye igice
(iyerekana ry’igice cy’umuhanda gikorwamo
cy’umuhanda gishobora imirimo).
kwambukiranywa ku buryo
budasanzwe n’inyamaswa).
A, 16 Ibimenyetso bimurika A, 17 Ikibuga cy’indege (ahegereye aho
ahegereye akayira (uburyo umuhanda ucibwa hejuru
bwo kugendera mu muhanda n’indege zarara igihe ziguruka
bugengwamo n’ikimenyetso cyangwa zigwa mu kibuga).
cy’amatara y’amabara atatu).
A, 18 Umuyaga w’intambike A, 19 Ukugendera mu muhanda
(ahegereye igice ubisikanirwamo (ahegereye
cy’umuhanda gihuhwamo igice cy’umuhanda
kenshi n’inkubi y’umuyaga kibisikanirwamo by’agateganyo
w’intambike). cyangwa buri gihe, kandi ubundi
mu gice kibanza hagendwamo mu
cyerekezo kimwe).
A, 20 A, 21a

A, 21b A, 21c

A, 21d A, 21e

A, 21f A, 21g

A, 21h A, 22a

A, 22b A, 22c

A, 22d A, 22e
A, 22f A, 23

A, 24 A, 25 Bagutegeka kuzenguruka

A, 26 Inzira ya gare ya moshi A, 27 Inzira ya gariyamoshi ibambiye

A, 28a A, 28b

A, 28c A, 29 Icyago kidasobanuye ukundi

B, 1 Tanga inzira B, 2a

B, 2b B, 3

B, 4 B, 5

B, 6 B, 7a
B, 7b

Вам также может понравиться